Abagore n’abakobwa baragenda biyongera mu kazi ko mu byanya by’inyamaswa (parike) bisurwa n’abakerarugendo mu Rwanda, ariko Jeannette Rugero arihariye. Duhagurukanye i Kigali saa kumi n’imwe za ...
Insiguro y'isanamu, Amarushanwa y'isi ya '2025 UCI Road World Championships' mu Rwanda azatangiza isiganwa rya mbere ry'abagore batarengeje imyaka 23 basiganwa ku giti cyabo, aho ibihugu byemerewe ...