Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Ikoranabuhanga ry'Ubwenge Buhangano muri Afurika ko abakora muri uru rwego bakwiriye kongererwa ubushobozi ndetse n'ibikorwaremezo ...
Le Président de la République Paul Kagame a reçu ce mercredi 3 mars le Chef d’Etat-major de l’armée qatarie, le Lieutenant Général Salem Al Nabit qui est en visite de 3 jours au Rwanda. L’officier ...
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Unity Club Intwararumuri wahumurije ababyeyi b’Intwaza batujwe mu rugo rw’Impinganzima rwa Nyanza bagizweho ingaruka ...
Umuhanzi w'icyamamare muri Afurika y'Iburasirazuba, Joseph Mayanja wamamaye nka Dr Jose Chameleone, yageze mu Rwanda aho aje gutaramira abakunzi b’umuziki we n’Abanyarwanda muri rusange. Ni mu ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibyo u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 31 ishize ari ikimenyetso cy’uko Abanyarwanda badashobora gufata kubaho nk’impuhwe, ashimangira ko aho gutegereza kwicwa abantu ...
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025, Isi yose yifatanyije n’Abanyarwanda mu gutangiza Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Igikorwa ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
U Rwanda rugiye kongera ubushobozi bw’ibigega bizigama ibikomoka kuri peteroli aho bizava kuri litiro miliyoni 66.4 zikoreshwa mu kwezi kumwe gusa bikagera kuri litiro miliyoni 334 zikoreshwa mu mezi ...
Ingabo z’u Rwanda zijeje ubufatanye Ingabo za Afurika y’iburasirazuba zihora ziteguye gutabara aho rukomeye (East Africa Standby Force-EASF) mu gusangira amakuru ku gihe ku birebana n’ibyorezo, ibiza ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results