Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Ikoranabuhanga ry'Ubwenge Buhangano muri Afurika ko abakora muri uru rwego bakwiriye kongererwa ubushobozi ndetse n'ibikorwaremezo ...
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yavuze ko nta mwanya w'intege nke n'imyitwarire idahwitse mu nshingano bityo ko ari ngombwa ko abazigiyemo bakwiye kumva ko umuturage akwiye kubaho yizeye ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...
Mu bitangazamakuru binyuranye, kuri uyu wa Gatatu hasohotse inkuru ivuga urupfu rwa Edouard Karemera wabaye Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu muri Guverinoma yakoze Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
U Rwanda rugiye kongera ubushobozi bw’ibigega bizigama ibikomoka kuri peteroli aho bizava kuri litiro miliyoni 66.4 zikoreshwa mu kwezi kumwe gusa bikagera kuri litiro miliyoni 334 zikoreshwa mu mezi ...
Nyuma yo kubohora Umujyi wa Goma, abarwanyi ba M23 bambuye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, FARDC n’abarwanyi b’Umutwe w’Iterabwoba, FDLR, intwaro n'indege za gisirikare ...
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
Perezida Paul Kagame uri muri Ghana, yifatanyije n'abatuye iki Gihugu ndetse n'abandi banyacyubahiro, mu birori by’irahira rya Perezida mushya w’icyo gihugu, John Dramani Mahama ndetse na Visi ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, idakwiye guhuzwa n’u Rwanda kandi atari rwo rwayitangije. Umukuru w’Igihugu ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results